Yanditswe na Camille NDIKUMANA
Abaturage bo mu mudugudu wa Gikombe akagali ka Sovu umurenge wa Huye ho mu karere ka Huye bigaragambije batambika igiti ( barrière) mu nzira bagamije guhagarika ibikorwa by’ikigo WASAC biri kubakwa na sosiyete y’abashinwa munsi y’umusozi wa Huye.
Impamvu ngo ni uko batahawe amafaranga y’ingurane y’ahari gukorerwa ibyo bikorwa ngo dore ko bategereje iyo ngurane amaso agahera mu karere.
Iyi nkuru turacyayikurikirana......................
