Inkuru yanditswe na HAKIZUWERA Fulgence
Hari abahinzi bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko nta musaruro biteze kubera ko imvura yagiye kare imyaka iri mu mirima ikiri mito bagashinja inzego zishinzwe ubuhinzi kugira uruhare muri iki gihombo ngo kuko zitinda kubaha imbuto n’inyongeramusaruro.
Gusa izi nzego zo zirabihakana zikavuga ko byatewe n’imvura nke yaguye igahita igenda ,ariko kandi nabo ngo bagomba kumenya gusimburanya imyaka mu murima guhinga imbuto y’indobanure kandi bakamenya kwizigamira igihe bejeje.
Inkuru irambuye kuri TV1.
