Hari abaturage bo mu murenge wa Kintobo, umwe mu mirenge ikiri inyuma mu kwegereza abaturage serivisi z’ubuvuzi mu karere ka Nyabihu bavuga ko (...)
Kubwimana Charles ukomoka mu murenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango wemeza ko yakubitiwe Iwawa urutugu rugafatana n’ ijosi kugeza mu mezi make (...)
Inkuru yanditswe na Nadine UMUHOZA
Bamwe mu bagore batishoboye babyaye mu gihe cya Covid-19 by’umwihariko mu gihe cya gahunda ya “guma mu rugo” (...)
Inkuru yanditswe na Nadine UMUHOZA
Gupimisha inda ku mugore ugisama ni kimwe mu byo leta y’u Rwanda ishishikariza abagore kwitabira hakiri kare. (...)
Inkuru ya Nadine UMUHOZA
Kwita ku mirire iboneye ku mugore utwite, ni kimwe mu byo abahanga bemeza ko bituma abana bavukana ubuzima bwiza. (...)
Abakorerabushake bo mu Karere ka Rusizi bifashishijwe mu kwita no kuvura abari banduye COVID-19 mu bigo bitandukanye muri aka Karere, baravuga ko (...)
Inkuru yanditswe na Jean de Dieu KALINIJABO.
Hari abaturage bo mu karere ka Karongi bavuga ko kubera ikibazo cyo kutagira imbangukiragutabara, (...)
Nubwo icyorezo cya Covid-19 kimaze amezi arenga atanu kigaragaye mu Rwanda, bisa nk’aho muri iyi minsi ya vuba aribwo iki cyorezo kirimo kumvikana (...)
Amezi ashize ari atanu abaturage b’akarere ka Rusizi batemerewe kurenga imbibi z’aka karere,aho bashakiraga amaronko mu gihugu cy’igituranyi (...)
Angine ni indwara yo kubyimba no kubabara mu muhogo Ikunze gufata abana,ariko n’abantu bakuru barayirwara. nzobere mu kuvura indwara zo mu (...)