Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere abantu bataramenyekana bateye mu murenge wa Muyumbu ho mu karere ka Rwamagana bica umuntu umwe , abandi basiga babaziritse.
Ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana bwemeje iby’aya makuru bunahumuriza abaturage buvuga ko iperereza ryatangiye ngo abakoze ibyo bafatwe.
Inkuru irambuye kuri TV1..............
